Team Rwanda yasesekaye i Kigali nyuma yo kwegukana isiganwa rya Grand Prix Chantal Biya
  • 3 years ago
Ikipe y’u Rwanda y’Amagare yageze i Kigali mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere ivuye muri Cameroun gukina isiganwa rya Grand Prix Chantal Biya ryegukanywe na Mugisha Moïse.

Abasore ba Team Rwanda bahise bajyanwa gucumbikirwa muri Sainte Famille Hotel aho bategerereje guhabwa ibisubizo COVID-19.
Recommended